Urendo Ruja Sioni ("Marching to Zion" in Kinyarwanda)

Video

September 17, 2015

Hanyuma yi’imyaka 4000, Uwiteka imana ibonekera aburamu muri mesopotemia iramutegeka iti; “Va mugihungu cyanyu ,usinge umuryango wanyu ninzu yaso,ujye mugihungu Nzakwereka. Nyaguhindura ubwoko bukomeye,Nzaguha umugisha, nzogeza izina rwawe, uzaba umugisha. Aburamu yubashe uwiteka ajya mugihugu cha kanani , aho yabaye imyaka mwinshi hamwe nu umuhunguwe isaka na yakobo umwuzukuruwe; waje guhindura izina rye kuba Israeli.

Israeli nabanabe 12, bamanuka muri egiputa kubera inzara muri kanani, bariyongereye baba iguhu gikomeye. Abanyegiputa bagize ubwoba bwiki gihugu gikomeye cha israeli charimuribo. Babagize imbata, ubuzima bwabo buba bubi batuye mububata. Hanyuma yimyaka 430 muri egiputa, musa yabakuye mububata, bambutse Inyanjya itukura baja muri arabia, aho bahawe amategeko yuwiteka kumusozi wa Sinai.

Ubwoko bwa Israel bwavuye muri egiputa na musa, ntibwemerewe kwinjira mugihugu chisezerano kubera kwizera guke , Byabaye ngobwa yuko bazerera mubutayu Imyaka 40. kugeza ubwoko busha bwizeraga imana bwinjiye mugihugu chisezerano na yoshua.


Hafi yimyaka 400, amoko 12 ya Israeli yayobowe nabachamanza bikurikiranyije amategeko ya musa ubwobashakaga kugira umwami nka yandi mahanga yose; uwiteka yabahaye sauri kuba umwami wabo, Sauri yabaye umwami imyaka 40, yakurikiweho na daudi, nawe yayoboye Israeli imyaka 40,umwana wa daudi salomo yakurikiyeho ayobora imyaka 40, mubuyobozi bwumwami Solomo, ubwami bwa Israeli bwari mbwubachwe cyane ,ariko kubera umutima wa Salomo wahindukiye kure nimana mumyaka ye yanyuma, uwiteka yaramubwiye amoko 10 (will not be ruled by his son Hanyuma yurupfu rwa Salomo, ubutegetsi bwa Israeli bwaragabanyitse; amoko 10 yamajaruguru yayobowe nabami babi, batakomotse mumuryango wa daudi na Salomo.

Ubwami bwamajaruguru bwagumanye izina rya Israeli hanyuma bagize umunyi samaria. Ubwami buto bwamajepfo bwaje kuba yudea,bugira yerusaremu umunyi, bwategetswe nurukomoko rwa daudi.gutangira mubami bakabiri 16(2nd kings 16), abantu bo mubwami bwamajepfo bajekumenyekana kaba yuda hanyuma ububwami baje kumenyekana nka yudah Kubera gukiranirwa kubwami rwamajaruguru bwa Israeli, ububutegetsi bwarahiritswe abana ba Israeli bagizwe imbata na ba Assyria. Abisraeli basigaye bivanze nabanyamahanga(abapagani) baje mugihugu chabo. Ababantu baje kumenyekana nkaba samaria. Na yamoko 10 yamajaruguru ya Israeli ntiyaje kubahamwe kandi.

Ubwami bwamajepfo ya yuda buzatwagwa muburetwa mugihugu cha Babylon, nkigihano .kubera gukorera izindi imana, kandi ikanisarizasenywa, ariko hanyuma yimyaka 70, abayuda basubiye yudea kubaka urusengero rwa yerusalemu. bakomeje kuyoborwa nabami bakomoka kumwami Daudi.

Muminsi ya cristo, iguhugu cha yuda charikimenyekanye nka yudea kandi chari kiyobowe na abaroma. Yesu cristo ni ntumwa babwirije inkuru nziza muri yudea hose gushakisha intama zarizazimiye munzu ya Israeli. Nyuma imyaka itatu nigice ya ministeri, abayuuda bamaganye yesu nka mayiya , bashutse ubuyobozi bwabaroma kubamba yesu. Nyuma yiminsi itatu yesu yarazutse amaze yiyereka abanafunzi be ataraja kwichara hejuru kukuboko kwiburyo bwase mwijuuru.

Yesu atarabambwa yarahanuye yuko igihano kizaza bitewe nuko bamwamaganye, yerusaremu izatwikwa, urusengero ruzangirika nabayuda bazakwira amahanga nkimbata. Ububuhannuzi bwujujwe muri A.D 70, ubutaha mubutegetsi bwa roma Tito yagajije yerusaremu. Kumyaka irenga 1800, abayahudi bakomeje gutatana mumahanga.

Mumwaka wa 1948,. ibidashoboka birakoreka. Reta ya yerusalemu yarashinzwe, abayahundi kandi baribafite igihugu chisezerano. Abacristo benshi bamamaje ibi bitangaza nimigisha ivuye kumana, arikose iyi nimigisha iturutse kumana changwa hariho imbaraga zimyuka mibi ibikora? Iyi filme ifite igisubizo.

 

 

 

mouseover